Kuri iyi foto urabona ko ari abantu babiri barimo kwambikana impeta gusa ikidasanzwe nI uko bigaragarira buri wese ko batandukanye mu myaka kuburyo uyu mukecuru afite imyaka iri hejuru cyane bikabije aho ari mukuru kuburyo bwikubye hafi inshuro 8.
Amakuru aheruka avuga ko uyu mukecuru witwa Helen yari afite umugabo nawe ukuze ariko bakaza gutandukana nkuko yabisabwe n’abakurambere ari nabo bamutegetse gushana n’uyu mwana kugeza naho byatangaje imiryango bavukamo ariko kubera amafaranga menshi bakuye muri ubu bukwe byatumye bazinzikiranya.
Uyu mwana abajijwe uko abyumva yagize ati’‘ nishimiye kubana na Helen ariko nzakomeza njye ku ishuli ninkura nzarongora umukobwa wo mu myaka yanjye.Gusa aba bombi nubwo basezeranye ntibabana mu nzu imwe.
Uwahoze ari umugabo we nawe yaje muri ubu bukwe ndetse avuga ko we n’abana 5 yabyaranya na Helen nta kibazo bafite ngo ndetse ntibitaye no ku magambo y’abantu.
