kugicamunsi cyo ku itariki ya 19 z’ukwezi kwa mbere 2023 nibwo mu mihanda ya kamwotsya mu mugi wa Kampala ubwo ni muri Uganda hagaragaye umukobwa yiruka inyuma y’abagabo 2 yambaye ubusa aho yagendaga asakuza abasaba ko bamwishyura kuko yaryamanye nabo.
Byatangaje benshi bamuvugiriza induru, ariko abandi bagore bagenzi be bagerageza kumuha utwenda two kwambara ariko we ntiyabyumva ababwira ko ibyo atabyitayeho we icyo ashaka ari amafaranga cg bagakomezanya nabo bagabo mpaka iwabo ngo n’abagore babo bakamubona.
Aha niho abarokore bakubwira ko isi igeze mu minsi ya nyuma.
MU RWEGO RWO KUZIRIKANA ABASOMYI BACU TURABAMENYESHA KO TURIMO KUBATEGURIRA INKURU MPAMO Y’UMWANA WACIYE MUNZIRA Y’INZITANE IKUBIYEMO AMASOMO MENSHI AJYANYE N’UBU BUZIMA BWACU BWA BURI MUNSI N’UBWO ITEYE AGAHINDA.