Inkuru idasanzwe yaciye igikuba kumbuga nkoranya mbaga zose ah0 ngo inka yaba iri mubyishimo nyuma yo kwambikwa agatimba n’uwayihebeye akayisezeranya byinshi bigiye bitandukanye nkuko ubusanzwe abakundana bagaragara,yayibwiye kandi ko ngo bazatandukanywa n’urupfu gusa.
Byumwihariko imbere y’imbaga yabari batashye ubwo bukwe bw’agatangaza,yayisezeranyije ko azayirinda icyuma.Ubwo bivuga ko nta kubagwa ahubwo ngo nipfa izashyingurwa mucyubahiro.
Uyu mugabo witwa Nemposa w’imyaka 42 y’amavuko ukomoka mugihugu cya Gambia abajijwe aho uru rukundo rwavuye nigihe yatangiye gukunda iyi nka yagize ati” ubu ntimwongere kuyita inka kuko ni my life partner bivuze ko ari umufasha we. akomeza agira ati’‘ubu ibi nibyo byishimo byanjye mfite mugihe cyose tuzaba tukiri kumwe tuzajya turarana munzu sinarya cg ngo ngire n’utuzi mfata mugihe umufasha wanjye yaba ntacyo arakoza munda.
Yavuze ko atigeze ashaka umugore mu buzima kubera ibyo yabonaga muri bagenzi be bubatse ingo,ati” nabonaga nta byishimo namba mpitamo kubireka ariko ubu ndumva nishimye.
kora subscribe kuri afro5 tv ukanze kuri iyi video ujye ukurikira ibindi biganiro byacu