Akenshi imibonano mu bashakanye iyo ikozwe neza kandi kenshi byongera guhuza hagati yabo mu mibereho ya buri munsi bikabazanira ibyishimo bityo umuryango ugakomera kuko nta mu nabi uba uri hagati yabo ibi bikaba byanabafasha gutera imbere mu buryo bw’ubukungu.
Gusa hari ikindi gice cy’abantu badakunda gushishikazwa n’iki gikorwa cy’imibonano mbega bafite ubushake hafi ya ntabwo.
Ariko abahanga bagaragaza ko nanone kubikora cyane birengeje urugero nabyo atari byiza bituma imyitwarire yawe ihinduka ukageza aho utagishobora kugenzura umubiri wawe
Ubusanzwe ibyiyumviro byo gukenera imibonanano ni ibisanzwe mu buzima bwa muntu bivuze ngo guca ukubiri nabyo cg kugira uwushinja umwumvisha ko ibyo arimo ari icyaha bishobora kumusigira inkovu y’igihe kirekire.
Ni ingenzi mu buzima kuba wowe wafata igihe ibi nabyo ukabiha umwanya mu buzima bwawe kandi ukibuka gukora ibi bikurikira kugira ngo ukosore iki kibazo
. Gerageza gutegura ibikenewe byose mbere y’imibonano
. Guhungira kure icyo aricyo cyose cyatuma ukora imibonano ku ngufu kuko bituma urushaho kubyanga .
.Kugerageza gukora imyitozo ngorora mubiri kenshi kugira ngo umubiri wawe usubirane ubudahangarwa
Kora subscribe uciye hano kuri iyi video usure afro5 tv